Ad imageAd image
Ad imageAd image
Inzira Magazine
Ad imageAd image
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Reading: Ihahiro rikomeye ku rwego rw’isi ryafunguye imiryango i Kigali
Share
Aa
Inzira Magazine
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Search
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Have an existing account? Sign In
Dukurikire
ubukungu

Ihahiro rikomeye ku rwego rw’isi ryafunguye imiryango i Kigali

Inzira
Yanditswe 04/06/2021
Share
SHARE

Miniso, rimwe mu mahahiro akomeye ku rwego rw’isi ryatangiye gukorera mu mujyi wa Kigali kuwa kane tariki ya 3 Kamena 2021, mu muturirwa wa Kigali Business Center (KBC).

Ryamamaye mu bucuruzi burimo ibyo kurya nk’ inyama, injugu, amazi n’ibindi ndetse n’ibirungo by’ubwiza basiga ku munwa, za parufe n’ibindi.

Si ibyo gusa kuko abagana iri hahiro banasangamo za ecouteurs, amasakoshi, ibikinisho by’abana, ibikoresho byo mu gikoni, amaradiyo, udukoresho turinda ibirahure bya telefoni kumeneka, n’ibindi.

Ni rimwe mu mahahiro abona inyungu itubutse cyane, kuko nko muri 2019 ryinjije inyungu ya miliyari 2,4$.

Iri hahiro ryatangiriye mu Bushinwa, magingo aya rimaze kugira amashami arenga 4200 ku rwego rw’Isi, rikaba ribarizwa kuri buri Mugabane no mu bihugu birenga 80.

Muri Afurika y’Iburasirazuba Miniso isanzwe ifite ishami muri Uganda na Tanzania.

Nk’ihahiro rifite ubunararibonye mu bucuruzi ku isi, rifite amasezerano n’ibigo by’ubucuruzi bikomeye nka Coca Cola, Marvel Entertainment n’ibindi.

Ecouteurs nk’izi ni kimwe mu bicuruzwa wasanga muri Miniso
Inzira 04/06/2021 04/06/2021
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

ABO TURIBO

Turi Inzira.rw ikinyanyamakuru gikorera kuri murandasi, kibanda gusa ku makuru avugwa mu ubukungu bw’u Rwanda.

IBYO DUKORA

  • Advertising
  • Video & audio production
  • Photography
  • Web & App Development
  • Digital marketing
  • Graphic design

TWANDIKIRE

  • [email protected]
  • [email protected]
  • 0788 64 62 94
  • Kigali, Rwanda

© Inzira 2023. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?