Ad imageAd image
Ad imageAd image
Inzira Magazine
Ad imageAd image
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Reading: Abasesengura ubukungu baremeza ko Kigali ikomeje kuba igicumbi cy’ishoramari ku Isi
Share
Aa
Inzira Magazine
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Search
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Have an existing account? Sign In
Dukurikire
ubukungu

Abasesengura ubukungu baremeza ko Kigali ikomeje kuba igicumbi cy’ishoramari ku Isi

INZIRA EDITOR
Yanditswe 30/03/2024
Share
SHARE

Mu cyegeranyo cy’Ikigo Mpuzamahanga kitwa Z/Yen cyagiye hanze ku wa 21 Werurwe uyu mwaka wa 2023,Umujyi wa Kigali uri ku mwanya wa 67 ku Isi ku rutonde rw’imijyi y’ibicumbi by’ishoramari, aho wazamutseho imyanya 14.

Ni mugihe wavuye ku myanya wa 81 wariho umwaka ushize wa 2023, naho ku rutonde rwa Afurika Kigali iza ku mwanya wa Gatatu ikaba iya 2 muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara.

Abasesengura ibirebana n’imari n’ ubukungu muri rusange bagaragaza ko kuba Umujyi wa Kigali ukomeje kuza mu myanya y’imbere mu bicumbi cy’imari ku Isi, ari amahirwe akomeye yo kurushaho gukurura abashoramari baza gushora imari.

Umusesenguzi mu bukungu, Habyarimana Straton aganira na RBA yavuze ko hari byinshi bigomba kurushaho kunozwa kugirango Kigali ikomeze kuba mu myanya myiza.

Yagize ati “Mu byuho bikigaragara harimo umubare w’abanyamwuga mu gusesengura ishoramari ukiri hasi cyane, nubwo ubu guverinoma yashyizeho ingamba zigamije kuzamura uyu mubare byihuse.”

Mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego rw’imari Kigali iri ku myanya wa kabiri muri Afurika nyuma ya Casablanca umujyi wo muri Morocco. Aha naho Kigali yazamutseho imyanya 18 igera kuri 62.

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho ingamba zorohereza abashoramari. Mu nama iherutse guhuza ihuriro ry’abashoramari b’abanyaburayi bakorera mu Rwanda Laurent Van Voucke bashoramari bakorera mu Rwanda (Uri mu batangije BBOX) yemeje ko bahisemo u Rwanda kuko ari igihugu giha amahirwe buri wese kandi gifite umutekano usesuye.

Muri Werurwe 2024, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge RBS cyasabye abashoramari gufata ubuziranenge nk’agakiza k’ishoramari mu Rwanda muri gahunda yiswe “Zamukana ubuziranenge.”

Muri 2020 mu Rwanda hashinzwe Kigali International Financial Centre hagamijwe kubaka ubushobozi bwa Kigali mu guhatana n’indi mijyi mu kureshya abashoramari.

Kigali irakataje mu kuba igicumbi cy’ishoramari

NIYIKIZA Nichas/INZIRA.RW

INZIRA EDITOR 30/03/2024 30/03/2024
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

ABO TURIBO

Turi Inzira.rw ikinyanyamakuru gikorera kuri murandasi, kibanda gusa ku makuru avugwa mu ubukungu bw’u Rwanda.

IBYO DUKORA

  • Advertising
  • Video & audio production
  • Photography
  • Web & App Development
  • Digital marketing
  • Graphic design

TWANDIKIRE

  • [email protected]
  • [email protected]
  • 0788 64 62 94
  • Kigali, Rwanda

© Inzira 2023. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?