Ad imageAd image
Ad imageAd image
Inzira Magazine
Ad imageAd image
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Reading: Rwanda: Imihanda yubatswe yaruhuye abahinzi n’aborozi bagorwaga no kugeza umusaruro ku isoko
Share
Aa
Inzira Magazine
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Search
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Have an existing account? Sign In
Dukurikire
ubukungu

Rwanda: Imihanda yubatswe yaruhuye abahinzi n’aborozi bagorwaga no kugeza umusaruro ku isoko

INZIRA EDITOR
Yanditswe 18/04/2024
Share
SHARE

Abahinzi n’aborozi hirya no hino mu gihugu baremeza ko ibikorwaremezo by’imihanda yubatswe cyane cyane imihahirano (Feeder roads) byabaruhuye umutwaro n’ibihombo baterwaga no kubura uko bageza umusaruro ku isoko.

Mu myaka 30 ishize, ibikorwaremezo by’imihanda ni kimwe mu bibazo byari bihangayikishije, aho uretse imihanda mike yahuzaga intara z’igihugu, ahandi hose byari bigoye kubona umuhanda ukoze neza.

Ibi ni bimwe mu byagoraga cyane cyane abahinzi mu kugeza umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi ku isoko nk’amata y’aborozi mu nzuri zitandukanye.

Mu kiganiro  na INZIRA, Hakizimana Innocent w’imyaka 39 utuye mu Kagari ka Cyanya, Umurenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, usanzwe ukora ubucuruzi bw’imyaka akaba n’umuhinzi avuga ko kutagira ibikorwaremezo by’imihanda byabateraga ibihombo ku bwo kubura uko bageza umusaruro ku isoko.

Yagize ati “Ubu iyo nejeje umusaruro  uri butwarwe  ni modokari nta mpungenge mba mfite kuko irahagera kubera hari umuhanda nubwo atari kaburimbo,  nkagurisha umusaruro ubundi nkikenura  mu byo nkeneye.”

Hakizimana Innocent  yongeraho ko asigaye yorohewe no gutunga umuryango we, ndetse atangira mituweli ku gihe bitewe n’ibikorwaremezo by’umuhanda bimufasha  gukora neza akazi ke.

Minisitiri w’intebe, Dr. Edouard Ngirante aherutse gutangaza ko mu myaka isaga itatu gusa, Guverinoma y’u Rwanda yashyize imbaraga mu gutunganya  imihanda y’imigenderano nk’uko bisobanurwa.

Yagize ati  “Dukomeje gufasha abahinzi n’aborozi kugeza umusaruro wabo ku isoko hirya no hino mu gihugu,  imihanda mishya y’imihahirano  ikomeje kwiyongera  kuko yavuye  ku bilometero  2500 muri 2019  ubu ikaba igeze  ku bilometero 3700.”

Ni ukuga ko mu myaka 3 ishize  hubatswe imihanda y’imigenderano izwi nka (Feeder road) isaga ibihumbi 3000 hirya no hino mu gihugu.

Imihanga migenderano yubatswe yorohereje abahinzi n’aborozi

TUYISHIME Olive/INZIRA.RW

INZIRA EDITOR 18/04/2024 18/04/2024
Igitekerezo 1
  • Mike Peacock says:
    19/04/2024 at 00:59

    Hi there

    This is Mike Peacock

    Let me introduce to you our latest research results from our constant SEO feedbacks that we have from our plans:

    https://www.strictlydigital.net/product/semrush-backlinks/

    The new Semrush Backlinks, which will make your inzira.rw SEO trend have an immediate push.
    The method is actually very simple, we are building links from domains that have a high number of keywords ranking for them. 

    Forget about the SEO metrics or any other factors that so many tools try to teach you that is good. The most valuable link is the one that comes from a website that has a healthy trend and lots of ranking keywords.
    We thought about that, so we have built this plan for you

    Check in detail here:
    https://www.strictlydigital.net/product/semrush-backlinks/

    Cheap and effective

    Try it anytime soon

    Regards
    Mike Peacock

    [email protected]

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

ABO TURIBO

Turi Inzira.rw ikinyanyamakuru gikorera kuri murandasi, kibanda gusa ku makuru avugwa mu ubukungu bw’u Rwanda.

IBYO DUKORA

  • Advertising
  • Video & audio production
  • Photography
  • Web & App Development
  • Digital marketing
  • Graphic design

TWANDIKIRE

  • [email protected]
  • [email protected]
  • 0788 64 62 94
  • Kigali, Rwanda

© Inzira 2023. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?