Ad imageAd image
Ad imageAd image
Inzira Magazine
Ad imageAd image
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Reading: U Rwanda rucyeneye asaga miliyari 9,000 Frw yo kurwanya imyuka ihumanya ikirere
Share
Aa
Inzira Magazine
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Search
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Have an existing account? Sign In
Dukurikire
Ubuziranenge

U Rwanda rucyeneye asaga miliyari 9,000 Frw yo kurwanya imyuka ihumanya ikirere

INZIRA EDITOR
Yanditswe 16/05/2024
Share
SHARE

Mu rwego rwo guhangana n’imyuka ihumanya ikirere u Rwanda rwihaye intego y’uko mu mwaka 2030 ruzaba rumaze ku rwanya imyuka ihumanya ikirere ku kigero cya 38%,  gusa kugira ngo iyi ntego igerweho  haracyabura asaga miliyali 9,000 Frw.

Kuganya ibanyabiziga bikoresha peteroli  hongerwa ibikoresha amashanyarazi  ni imwe mu ngamba zizafasha igihugu  guhangana n’imyuka ihumanya ikirere

Impuguke mu by’ihumana ry’ikirere akaba n’umwarimu muri Kaminuza ya Western University muri Canada , Prof. Kalisa Egide   avuga ko    kugabanya  gukoresha ibinyabiziga bikoresha ibikomoka kuri peteroli hongerwa ibikoresha amashanyarazi  bifite akamaro igihugu  mu guhangana n’imyuka ihumanya ikirere.

Ati  “Nk’imodoka u Rwanda rushaka gutangiriraho zigera kuri hafi 422 zinywa mazutu zisimbujwe imodoka zikoresha umuriro w’amashanyarazi   zigera ku bihumbi 6000 byagabanya ibyuka bihumanya ikirere bingana na  kilotoni 12000 zitera imihindagurikire y’ikirere.”

Yakomeje avuga ko  moto  zose zikorera muri Kigali ziramutse zikoresha amashanyarazi   byagabanya kilotoni ibihumbi 70 by’imyuka ihumanya ikirere   mu myaka 4.

U Rwanda rufite intego y’uko  muri 2030 ruzaba rufite 20% by’amabisi yose akoresha umuriro w’amashanyarazi na 30% ya moto zikoresha umuriro w’amashanyarazi, ndetse 8% by’imodoka ntoya zikoresha umuriro w’amashanyarazi.

Ni intego biteganyijwe ko yazatwara asaga  miliyoni 900 z’Amadolali y’Amerika  ni ukuvuga angana na miliyari 1,170 Frw.

Kugabanya imyuka ihumanya ikirere  ku kigero cya 38%   bingana  no kurwanya toni miliyoni 4  n’ibihumbi 600 z’imyuka ihumanya  ikirere. Minisiteri y’Ibudukikije yagaragaje ko  iki cyuho cyabazwe  hakuwemo imishinga yarangiye  n’icyiyatangiye muri 2020 .

Umuyobozi Mukuru  wungirije  w’Ikigo  gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, Munyazikwiye  Faustin  yavuze ko mu 2025 izarangira  ibigomba kuvugururwa no kongerwa byaramuritswe,  mu rwego rwo gukomeza guhangana n’imihindagurikire y’ikirere.

U Rwanda rucyeneye asaga miliyari 7$ yo guhangana n’imyuka ihumanya ikirere

INZIRA.RW

INZIRA EDITOR 16/05/2024 16/05/2024
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

ABO TURIBO

Turi Inzira.rw ikinyanyamakuru gikorera kuri murandasi, kibanda gusa ku makuru avugwa mu ubukungu bw’u Rwanda.

IBYO DUKORA

  • Advertising
  • Video & audio production
  • Photography
  • Web & App Development
  • Digital marketing
  • Graphic design

TWANDIKIRE

  • [email protected]
  • [email protected]
  • 0788 64 62 94
  • Kigali, Rwanda

© Inzira 2023. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?