Ad imageAd image
Ad imageAd image
Inzira Magazine
Ad imageAd image
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Reading: U Rwanda na Guinée biyemeje guhuza imbaraga mu buhinzi n’ubworozi
Share
Aa
Inzira Magazine
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Search
  • Ahabanza
  • ubukungu
  • Ibigo by’Imari
  • Ubuziranenge
  • Made In Rwanda
  • Rwiyemezamirimo
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
Have an existing account? Sign In
Dukurikire
ubukungu

U Rwanda na Guinée biyemeje guhuza imbaraga mu buhinzi n’ubworozi

INZIRA EDITOR
Yanditswe 03/06/2024
Share
SHARE

Ibihugu by’u Rwanda na  Guinée byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu nzego zinyuranye cyane cyane ubuhinzi n’ubworozi.

Ni amasezerano yashyiriweho umukono i Kigali, kuri uyu wa 3 Kamena 2024 aho yashyiriweho umukono kuri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi.

Aya masezerano yasinywe na Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse ku ruhande rw’u Rwanda na mugenzi we wa Guinée, Hon. Felix LAMAH.

Muri Mata umwaka ushize ubwo Perezida Paul Kagame yagiriraga uruzinduko rw’iminsi ibiri  muri Guinée, abakuru b’ibihugu byombi bahagarariya isinywa ry’amasezerano atandukanye arimo ajyanye n’iby’ikoranabuhanga.

Guinée  iyobowe na Col. Mamadi Doumbouya,   ni igihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika cyakunze kugira ibibazo bya politiki, gusa gikungahaye ku mabuye y’agaciro nka bauxite ikorwamo ibyuma, diyama, zahabu na Uranium.

Kimwe n’u Rwanda, abaturage b’icyo gihugu benshi batunzwe n’ubuhinzi.

 

 

U anda na Guinée basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu buhinzi n’ubworozi

INZIRA.RW

INZIRA EDITOR 03/06/2024 03/06/2024
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

ABO TURIBO

Turi Inzira.rw ikinyanyamakuru gikorera kuri murandasi, kibanda gusa ku makuru avugwa mu ubukungu bw’u Rwanda.

IBYO DUKORA

  • Advertising
  • Video & audio production
  • Photography
  • Web & App Development
  • Digital marketing
  • Graphic design

TWANDIKIRE

  • [email protected]
  • [email protected]
  • 0788 64 62 94
  • Kigali, Rwanda

© Inzira 2023. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?