Amakuru aheruka : ubukungu

Inka ibihumbi 450 nizo zimaze gutangwa muri gahunda ya Girinka

Mu myaka 18 ishize inka zisaga ibihumbi 450 nizo zimaze guhabwa abanyarwanda,…

INZIRA EDITOR

U Rwanda ruhomba miliyari 810 Frw bitewe n’ubutaka butwarwa n’isuri

Minisiteri y'Ibidukikije yatangaje ko buri mwaka u Rwanda rutakaza ubutaka bupima toni…

INZIRA EDITOR

Perezida Kagame yasabye Afurika kwigira kuri Koreya igahashya ubukene

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko Afurika ifite umukoro wo kwigira…

INZIRA EDITOR

Duhora twiteguye guhangana n’ibibazo nk’ibyo- Rwangombwa asubize ku guhagarikirwa inkunga

Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) John Rwangombwa yagaragaje ko u Rwanda…

INZIRA EDITOR

U Rwanda na Guinée biyemeje guhuza imbaraga mu buhinzi n’ubworozi

Ibihugu by'u Rwanda na  Guinée byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu nzego…

INZIRA EDITOR

Korea y’Epfo, Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we Yoon Suk Yeol

Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame uri i Seoul muri Korea y’Epfo aho…

INZIRA EDITOR

Kirehe: Abahinzi b’urutoki byabahinduriye ubuzima

Abakora ubuhinzi bw’urutoki kinyamwuga mu Karere ka Kirehe bahamya ko bamaze kugera…

INZIRA EDITOR

U Rwanda mu bihugu birya ibirayi kenshi, biribwa n’abasaga miliyoni ku munsi

U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bya mbere ku isi birya ibirayi byinshi,…

INZIRA EDITOR

Kigali: Bamwe mu bacuruzi barahamya ko gutanga umusoro nta gihombo bibatera

Bamwe mu bacuruzi  bakorera mu Mujyi wa Kigali barahamya ko gutanga umusoro…

INZIRA EDITOR