Follow US

SOCIALS

In This Week's Issue

Popular in This Week

U Rwanda rwakiriye ishoramari rishya rya miliyari 3.1$ mu 2024

Mu 2024, u Rwanda rwakiriye ishoramari rishya rya miliyari 3.1$, habaho ubwiyongere bwa 32.4% ugereranyije…

Dukwiriye gutekereza ibyo dukorana na bo aho gutekereza ibyo tubakorera- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yavuze muri ibi bihe ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth birangajwe imbere no…

Inzira
4 Min Read

Minisitiri w’Intebe yitabiriye inama mpuzamahanga ku ishoramari ry’amacumbi aciriritse

Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente yitabiriye inama ngarukamwaka yiga ku ishoramari rirambye mu…

INZIRA EDITOR
2 Min Read

Muhanga: Hoteli ziracyari mbarwa, izihari zasabwe kunoza serivise

Mu gihe abagenda n'abatuye mu mujyi wa Muhanga bagaragaza ubuke bw'amahoteli, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi…

Abacuruzi ‘basubijwe ku isuka’ na Covid 19 bagiye guhabwa ikindi gishoro

Mu Rwanda no ku mugabane w’Afurika muri rusange hari abacuruzi bato n’abaciriritse benshi bashegeshwe bikomeye…

Inzira
2 Min Read

Rwanda: Inyama iri kurya umugabo wihaye, ibiciro ku masoko bikomeje kuzamuka

Muri Werurwe 2025 ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byarazamutseho 6.5% bivuye kuri 6.3% byariho…

Ibyoherezwa mu mahanga byiyongereyeho 22%, u Rwanda rusaruramo miliyari 4,4$ mu 2024

Ibyo u Rwanda rwohereza mu mahanga byiyongereyeho 22%, rwinjiza muliyari 4.4$ mu mwaka wa 2024.…

Ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro ku 9.42% riratanga icyizere-BNR

Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR yatangaje ko muri uyu mwaka wa 2025, ibiciro ku masoko…

- Sponsored -
Ad image

The Latest

News

Kwimakaza ikoranabuhanga bigeze ahashimishije mu Rwanda, abakoresha internet bageze kuri 60.6%

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yagaragaje ko u Rwanda rugeze ahashimishije mu gukoresha murandasi…

INZIRA EDITOR
2 Min Read

U Rwanda rurakataje mu kuzamura umusaruro w’amabuye y’agaciro

Umusaruro w'amabuye y'agaciro mu Rwanda wazamutseho 45%, nyuma y'ingamba zafashwe zo guteza imbere urwego rw'ubucukuzi…

Marianne
2 Min Read

Urubyiruko rugera ku bihumbi 20 rugiye kongererwa ubumenyi mu by’ikoranabuhanga

Urubyiruko rw’u Rwanda rugera ku bihumbi 20 rwishimiye amahirwe mashya yo kongererwa ubumenyi mu by’ikoranabuhanga,…

AMAFOTO: Kigali mu isura nshya izira utujagari mu mushinga wa Mpazi uzatuza abarenga ibihumbi 34

Mu ntumbero n'icyerecyezo cy'Umujyi wa Kigali, hari imishinga myinshi inyuranye igamije kuba Kigali itoshye, icyeye…

Marianne
5 Min Read

U Rwanda rushyize imbaraga mu kuzamura ishoramari mu buhinzi

U Rwanda rufite intego yo kwagura ishoramari mu buhinzi n'ubucuruzi bushamikiyeho, aho bitenganywa ko rizava…

Marianne
2 Min Read

Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe ntukibaye

Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe 2024 ntukibaye mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kwizihiza Pasika.…

INZIRA EDITOR
1 Min Read

Muhanga:Nyuma y’imyaka 3 mu bushakashatsi, yavumbuye imashini ikora umuti usukura amazi

 Umusore usoje amashuri yisumbuye mu ishami ry’imibare, ubugenge n’ubutabire mu rwunge rw’amashuri rwa Gitarama mu…

Inzira
3 Min Read

Hari gutegurwa politiki izajya iha ibyangombwa abubaka inzu zigeretse gusa

Mu gihe hakunze kumvikana ko ubutaka bwo guhinga bugenda bugabanuka bitewe nuko henshi hari kubakwa,…

Marianne
2 Min Read

MTN yijeje kuvugurura internet yayo ikunze kwinubirwa n’abakiliya

Isosiyete y’itumanaho MTN Rwanda yijeje abakiliya bayo ko irimo gukora ibishoboka byose ngo ibibazo bibangamira…

Inzira
3 Min Read