Amakuru aheruka : ubukungu

Ihuriro ry’abikorera muri EAC rirasaba ko imisoro yoroshywa ku bacuruzi bato bambukiranya imipaka

Ihuriro ry'Ingaga z'Abikorere muri Afurika y'Ibirasirazuba (EABC) rirasaba ko agaciro k'ibicuruzwa byakwa…

INZIRA EDITOR

Mu myaka 30, Perezida Kagame yifuza u Rwanda rwikubye inshuro eshanu mu iterambere

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame   yavuze ko yifuza kubona  iterambere ry’u Rwanda…

INZIRA EDITOR

U Rwanda rwahawe n’u Bufaransa asaga miliyari 550Frw

U Bufaransa bwasinyanye n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye, aho bwemeye kuzatanga agera kuri…

INZIRA EDITOR

Abagore barashima ko bahawe ijambo mu myaka 30 ishize

Mu gihe mu myaka 30 ishize abagore batahabwaga ijambo n’amahirwe angana n’abagabo,…

INZIRA EDITOR

RURA yatangaje ko igiciro cya lisansi cyiyongereyeho 127 Frw kuri litiro

Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwatangaje ko igiciro gishya cya lisansi kiyongereyeho 127 Frw…

INZIRA EDITOR

Rwanda: Umusaruro w’amabuye y’agaciro wikubye kane ugera kuri miliyari 1.1$ z’amadorali

Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro  bwinjirije u Rwanda arenga miliyari na miliyoni ijana z’Amadorali…

INZIRA EDITOR

Rusizi: Abahinzi b’umuceri nkunganire ya Leta ku ifumbire yabakuye aho umuhinzi yakuye inyoni

Abahinzi b’umuceri mu kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi bibumbiye muri…

INZIRA EDITOR

Rwanda: Harasabwa ubufatanye mu kugabanya ingano y’ibyangirika hagutunganywa umusaruro w’ubuhinzi

Abafatanyabikorwa mu mushinga wo guteza imbere ubukungu bwisubira n’uruhererekane rw’ibiribwa bagaragaza ko…

INZIRA EDITOR

Inyama u Rwanda rwohereza mu mahanga zikubye kabiri

Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka k'ubuhinzi n'ubworozi, NAEB…

INZIRA EDITOR