Ubuhinzi

Umusaruro w’ibirayi wiyongereyeho 3%, uw’imyumbati wiyongeraho 5%-NISR

Mu gihembwe cy'ihinga cya 2025 A umusaruro w’ibirayi wiyongereyeho 3%, uw’imyumbati wiyongeraho 5% naho uw’ibigori n’ibijumba ugabanukaho 5%. Ibi bikubiye…

Nkurunziza Jean Baptiste

Abatubuzi b’imbuto muri Afurika basabwe guteza imbere ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera

Abatubuzi b’imbuto z’ibihingwa binyuranye baturutse mu bihugu bya Afurika no hanze yayo, basabwe guteza imbere ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera…

Nkurunziza Jean Baptiste

Uko Ukurikiyimfura yarangije kaminuza akanga kuba ‘Umusongarere’, akayoboka ubuhinzi

Ukurikiyimfura Jean Baptiste wo mu karere ka Rusizi, mu Murenge wa Bugarama, avuga ko nyuma yo kurangiza Kaminuza mu bijyanye…

Nkurunziza Jean Baptiste
Amakuru aheruka : Ubuhinzi

Asaga miliyari 66 Frw agiye gushorwa mu buhinzi ku nguzanyo yatanzwe n’u Bushinwa

Ibihugu by'u Rwanda n'u Bushinwa byashyize umukono ku masezerano y'inguzanyo ifite agaciro…

Marianne

Nyaruguru: Abahinzi b’ibirayi bacitse kuri gakondo bahingira isoko

Abahinzi b'ibirayi bo mu Murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, baravuga ko…

Marianne

Nyabihu: Abahinzi b’ibirayi baricinya icyara kuko basigaye basagurira amasoko

Bamwe mu bahinzi b'ibirayi bagize koperative 22 zo mu Karere ka Nyabihu…

Marianne

U Rwanda rwinjiza buri mwaka Miliyoni 10 z’Amadorali avuye mu Bireti

Buri mwaka u Rwanda rwinjiza miliyoni 10 z'amadorali y'Amerika ni ukuvuga arenga…

Marianne

85% by’ibihingwa byatoranyijwe bimaze guterwa mu gihembwe cy’ihinga 2025A

Mu gihe hashize iminsi mike igihembwe cy'ihinga cya 2025A gitangijwe, kugeza ubu…

Marianne

U Rwanda rushyize imbaraga mu kuzamura ishoramari mu buhinzi

U Rwanda rufite intego yo kwagura ishoramari mu buhinzi n'ubucuruzi bushamikiyeho, aho…

Marianne

Rwanda: Muri NST-2 Ubuso bwuhirwa buzongerwaho 85%

Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi yagaragaje ko muri gahunda ya leta y'imyaka itanu iri…

INZIRA EDITOR

Gasabo: Intumwa z’Umuryango w’Abibumbye zasuye ahakorerwa ubuhinzi bugezweho bw’ibihumyo

Intumwa z'Umuryango w'Abibumbye ziri mu Rwanda zasuye ahakorerwa ubuhinzi bugezweho bw’ibihumyo butanga…

INZIRA EDITOR

Ubutaka bwose buhingwe – MINAGRI yasabye ubufatanye mu gutegura igihembwe cy’ihinga 2025 A

Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi, MINAGRI yatangaje ko hakenewe ubufatanye bw’inzego zose zifite aho…

INZIRA EDITOR