Ndizihiwe yinjiza akayabo abikesha umushinga washibutse ku bibazo byo muri ‘Ghetto’

Ndizihiwe Gilbert, ni umwe muri ba rwiyemezamirimo bakiri bato barimo gutera imbere ku muvuduko ushimishije, abikesha umushinga yihangiye wo gukora ibikoresho birondereza inzu ku buryo…

Inzira

Yatangiye gushushanya yikinira none byahindutse umwuga umwinjiriza agatubutse

Niyonsenga Aphrodis, ni umusore ufite impano idasanzwe yo gushushanya.Avuga ko byatangiye ashushanya yikinira,  none nyuma yo kubona bimwungura yahisemo kubikora kinyamwuga, ubu byamuteje imbere. Niyonsenga…

Inzira

Nyarugenge: Baravuga imyato Kigali Sacco yabegereje serivise z’imari nk’inguzanyo

Abanyamuryango ba koperative yo kubitsa no kuguriza Kigali Sacco mu Karere ka Nyarugenge barashima ko yabegereje serivise z’imari, ndetse bakemererwa kubona inguzanyo zabafunguriye amarembo y’ubukire.…

INZIRA EDITOR

Follow US

SOCIALS

ES MONEY

Abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro barahamya ko uburinganire butanga umusaruro

Mu bukangurambaga bwari bumaze icyumweru bukorwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge RSB, ku…

Sobanukirwa uburyo ushobora kwishyura moto ukoresheje Airtel Money

Abagenzi bakoresha moto mu Mujyi wa Kigali ubu bashobora kwishyura amafaranga y’urugendo…

Abikorera bo mu Rwanda basinyanye amasezerano y’ubufatanye n’u Bushinwa

Urugaga  rwa’ abikorera mu  Rwanda  n’itsinda ry’abikorera bo mu gihugu cy’u Bushinwa…

Kigali: Abagore 25 bahawe moto zizabafasha kwiteza imbere

Umujyi wa Kigali ufatanye na S.U.L Mobility watanze moto ku bagore 25 mu…